Subscribe to out newsletter today to receive latest news administrate cost effective for tactical data.

Let’s Stay In Touch

Shopping cart

No products in the cart.

Latest News

🌚 ESE WIGEZE WIBAZA IMPAMVU HARI AMABARA YIJIMYE KU RUHU RWAWE ATAGENDA N’UBWO UKORESHA AMAVUTA MEZA BURI MUNSI?

👉🏽 Ntiterwa n’umwanda. 👉🏽 Si ibisanzwe ku ruhu. ✅ Ni indwara y’uruhu yitwa Melasma Melasma ni igihe uruhu rugaragaraho amabara yijimye, agaragara cyane ku maso 👃🏽, ku ijosi 👚, ku maboko 💪🏽 ndetse n’ahandi hahura n’izuba

READ MORE

ECZEMA: Uruhu Rwawe, Icyizere Cyawe!

Niba ibisubizo bibiri muri ibi ari “Yego”… ushobora kuba uri mu baturage barenga miliyoni 223 ku isi bafite eczema. Eczema ni iki? Eczema (cyangwa Atopic Dermatitis) si ikibazo cy’uruhu rwumagara gusa. Ni indwara y’uruhu ituma: Iyi

READ MORE

🚫 Kuki Umuti wa “Relief” Wahagaritswe mu Rwanda?

Uri kwibaza impamvu umuti wa “Relief” wahagaritswe kandi wakundwaga na benshi? Ni umuti wakizaga vuba, ugabanya umuriro n’ububabare, ugafasha kuri allergy, acid zo mugifu, ndetse ukaba uhendutse—ukaba waravuraga ibintu byinshi icyarimwe. Ariko noneho Rwanda FDA yawuhagaritse

READ MORE

U Rwanda rwabonye umuganga wa mbere w’inzobere mu gutera ikinya ku bana bafite indwara z’umutima

Nyuma y’imyaka ibiri ahabwa amasomo ku bufatanye n’umuryango Save a Child’s Heart(SACH) muri Isiraheli, Dr Christine Niyibogora agiye kugaruka mu Rwanda aho azaba ariwe muganga wenyine w’inzobere mu gutera ikinya abana bafite indwara z’umutima. Mu gihugu

READ MORE

Bwa mbere mu Rwanda hafungiwe umwenge wo ku mutima ibizwi nka Patent Foramen Ovale closure

Mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, bwa mbere hakorewe igikorwa cyo gufunga umwenge wo k’umutima uba utarigeze ufunga (Patent Foramen Ovale Closure) kubufatanye n’inzobere zitandukanye. Mu butumwa ibi bitaro byanyujije ku rukuta rwa X (Yahoze ati twitter),

READ MORE
Joe Biden yasanganywe Kanseri y'udusabo tw'inkari (Prostate Cancer)

Joe Biden yasanganywe Kanseri ya Prostate

Perezida Joe Biden, wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika byatangajwe kuri iki cyumweru ko yasanganywe kanseri ya Prostate (Prostate Cancer). Ibi byagaragaye nyuma y’uko uyu musaza w’imyaka 82 atangiye kugaragaza ibimenyetso byo kwihagarika kenshi, bituma

READ MORE
Ibiciro bishya by'ubuvuzi biratangirana n'ukwezi kwa Nyakanga bikazajya bisuzumwa buri myaka 2

Ibiciro bishya by’ubuvuzi biratangirana n’ukwezi kwa Nyakanga bikazajya bisuzumwa buri myaka 2

Guhera tariki ya 1 Nyakanga 2025, ibiciro bishya by’ubuvuzi bizatangira gushyirwa mu bikorwa mu mavuriro atandukanye, bifatanye n’itangizwa ry’umwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana. Minisitiri Nsanzimana aganira na The

READ MORE

MALARIYA: IMPAMVU IKOMEZA KUGARUKA N’UBURYO WABYIRINDA

Tekereza urwaye malariya, ukajya kwa muganga, ugafata imiti, ukagira ngo urakira burundu… maze hashira igihe gito ibimenyetso bikongera kugaruka! Ni nku “umu ex udashaka kuva ku izima😎” Ese ni iki gituma malariya ishobora kugaruka nyuma yo

READ MORE

Drones zabaye igisubizo ku bitaro bya Kibirizi byo muri Gisagara

Utudege tutagira abapilote (Drones) turi kwifashishwa mukugeza imiti ya Malariya ku bitaro bya Kibirizi Umuyobozi w’Ibitaro bya Kibirizi byo mu karere ka Gisagara, Dr Vedaste Mbayire yavuze ku buryo bushya bari gukoresha bageza imiti ku bitaro

READ MORE

Gisagara: Inzitiramibu 58,640 zigiye gutangwa mu kurwanya malariya yibasiye aka karere

Mu karere ka Gisagara, indwara ya malaria ikomeje kuba ikibazo gikomeye cyane ko aka karere gaturanye n’ibishanga byinshi bituma imibu itera malaria yororoka vuba nk’uko byatangajwe na vice-mayor ushinzwe imibereho myiza y’abaturage. Uko ikibazo giteye Nkuko

READ MORE