Subscribe to out newsletter today to receive latest news administrate cost effective for tactical data.

Let’s Stay In Touch

Shopping cart

No products in the cart.

Category: Rwam-Med

World Heart Day 2025: Rwanda Joins the Global Call to Protect the Heart WORLD HEART DAY 2025 RWANDA IN RUBAVU BHEALTHY MEDIA

World Heart Day 2025: Rwanda Joins the Global Call to Protect the Heart

Rubavu, Rwanda — September 28, 2025. Today, the world marked World Heart Day 2025 under the theme “Bungabunga ubuzima bw’umutima wawe – Don’t Miss a Beat!”. In Rwanda, the main celebration took place in Rubavu District,

READ MORE
Hari abafite tatouages badashobora gutanga amaraso; menya byinshi ku bijyanye no gutanga amaraso

Hari abafite tatouages badashobora gutanga amaraso; menya byinshi ku bijyanye no gutanga amaraso

Gutanga amaraso ni ingenzi, nubwo umuntu abikora ku bushake. Icyakora usanga hari amakuru asakazwa rimwe ugasanga ni adafite aho ashingiye kuri iyi gahunda irokora ubuzima bwa benshi. Umuyobozi w’ishami ryo gutanga amaraso mu Kigo cy’ igihugu

READ MORE
“Hakozwe Robot zishobora gusama no kubyara” — Uburyo bushya bushobora guhindura ubuzima bw’abashakanye batabyara

“Hakozwe Robot zishobora gusama no kubyara” — Uburyo bushya bushobora guhindura ubuzima bw’abashakanye batabyara

Ni igihe giteye amatsiko kubariho uyu munsi, nyuma yahoo abantu barimo gushakana n’ama Robots, ubu noneho n’ama-robots ashobora kuzajya atwita akabyara abana. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Chosun Biz, mu Bushinwa barimo gukora ubushakashatsi bwo gukora robot ifite

READ MORE
Guhatiriza kwihagarika bishobora kwangiza uruhago rwawe

Guhatiriza kwihagarika bishobora kwangiza uruhago rwawe

Hari abantu bajya mu bwiherero bitewe n’uburyo yumva yakubiwe cyangwa se ari kwihuta, agashaka uko yihagarika vuba ngo aruhuke cyangwa akomeze ibyo yararimo, bigatuma ahatiriza kwihagarika, ariko abahanga mu bijyanye n’imiyoboro y’inkari bagaragaza ko ibyo ari

READ MORE

RSOG yahamagariye abantu kwita ku mubyeyi no gukumira uburwayi bwo kuva cyane umaze kubyara

Ihuriro ry’abaganga bavura indwara z’abagore, RSOG, ku bufatanye n’umugi wa kigali bateguye siporo rusange imenyerewe nka ‘car free day’ aho kuri iyi nshuro izaba ifite insanganyamatsiko yo kwita ku mubyeyi no gukumira uburwayi bwo kuva cyane

READ MORE
Abarenga Miliyoni 300 barwaye hepatitis yo mu bwoko bwa B na C  ku isi

Abarenga Miliyoni 300 barwaye hepatitis yo mu bwoko bwa B na C  ku isi

Ishami ry’Umuryango w’Abibumye ryita ku Buzima, WHO, ryagaragaje ko mu mwaka wa 2022 abarenga miliyoni 300 bari barwaye hepatitis yo mu bwoko bwa B na C  ndetse ko muri uwo mwaka abarenga miliyoni bishwe na hepatitis

READ MORE
Kugenda intambwe 7000 ku munsi bikurinda indwara zitandukanye harimo no gupfa imburagihe

Kugenda intambwe 7000 ku munsi bikurinda indwara zitandukanye harimo no  gupfa imburagihe

Ubushakashatsi bwerekanye ko umuntu ugenda intambwe 7000 ku munsi bimugabanyiriza ibyago byo kurwara indwara zitandukanye nka kanseri, ibibazo byo mu mutwe ndetse n’indwara zibasira umutima, ajho izi ntamwe zikugabanyiriza ibyago byo gupfa imburagihe ku kigero cya

READ MORE
Tige-coton si uburyo bwiza bwo gusukura mu matwi, menya uburyo bwiza bwo gusukura amatwi

Tige-coton si uburyo bwiza bwo gusukura mu matwi, menya uburyo bwiza bwo gusukura amatwi

Amatwi ni kimwe mu bice byo ku mubiri wacu bikenera isuku ihagije kandi ikozwe neza nyamara Isuku yo mu matwi  ijya ikorwa nabi, rimwe na rimwe kubera kutamenya ubundi bigaterwa n’ubucuruzi, aho uwakoze igisukura mu gutwi

READ MORE

Ibicurane mu bitera kurwara umuhaha – Menya ibitera umuhaha

Umuhaha ni uburwayi bufata mu matwi butera kuzana amashyira n’ububabare mu matwi, bukunze kwibasira abana ariko n’abantu bakuru bashobora kuwurwara.  Dr. Kaitesi Batamuriza Mukara, inzobere mu kuvura indwara zo mu matwi amazuru n’umuhogo mu bitaro bya

READ MORE

U Rwanda rwabonye umuganga wa mbere w’inzobere mu gutera ikinya ku bana bafite indwara z’umutima

Nyuma y’imyaka ibiri ahabwa amasomo ku bufatanye n’umuryango Save a Child’s Heart(SACH) muri Isiraheli, Dr Christine Niyibogora agiye kugaruka mu Rwanda aho azaba ariwe muganga wenyine w’inzobere mu gutera ikinya abana bafite indwara z’umutima. Mu gihugu

READ MORE