U Rwanda rwabonye umuganga wa mbere w’inzobere mu gutera ikinya ku bana bafite indwara z’umutima
Nyuma y’imyaka ibiri ahabwa amasomo ku bufatanye n’umuryango Save a Child’s Heart(SACH) muri Isiraheli, Dr Christine Niyibogora agiye kugaruka mu Rwanda aho azaba ariwe muganga wenyine w’inzobere mu gutera ikinya abana bafite indwara z’umutima. Mu gihugu
READ MORE