Subscribe to out newsletter today to receive latest news administrate cost effective for tactical data.

Let’s Stay In Touch

Shopping cart

No products in the cart.

Category: Rwam-Med

U Rwanda rwabonye umuganga wa mbere w’inzobere mu gutera ikinya ku bana bafite indwara z’umutima

Nyuma y’imyaka ibiri ahabwa amasomo ku bufatanye n’umuryango Save a Child’s Heart(SACH) muri Isiraheli, Dr Christine Niyibogora agiye kugaruka mu Rwanda aho azaba ariwe muganga wenyine w’inzobere mu gutera ikinya abana bafite indwara z’umutima. Mu gihugu

READ MORE

Bwa mbere mu Rwanda hafungiwe umwenge wo ku mutima ibizwi nka Patent Foramen Ovale closure

Mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal, bwa mbere hakorewe igikorwa cyo gufunga umwenge wo k’umutima uba utarigeze ufunga (Patent Foramen Ovale Closure) kubufatanye n’inzobere zitandukanye. Mu butumwa ibi bitaro byanyujije ku rukuta rwa X (Yahoze ati twitter),

READ MORE
Ibiciro bishya by'ubuvuzi biratangirana n'ukwezi kwa Nyakanga bikazajya bisuzumwa buri myaka 2

Ibiciro bishya by’ubuvuzi biratangirana n’ukwezi kwa Nyakanga bikazajya bisuzumwa buri myaka 2

Guhera tariki ya 1 Nyakanga 2025, ibiciro bishya by’ubuvuzi bizatangira gushyirwa mu bikorwa mu mavuriro atandukanye, bifatanye n’itangizwa ry’umwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana. Minisitiri Nsanzimana aganira na The

READ MORE

Drones zabaye igisubizo ku bitaro bya Kibirizi byo muri Gisagara

Utudege tutagira abapilote (Drones) turi kwifashishwa mukugeza imiti ya Malariya ku bitaro bya Kibirizi Umuyobozi w’Ibitaro bya Kibirizi byo mu karere ka Gisagara, Dr Vedaste Mbayire yavuze ku buryo bushya bari gukoresha bageza imiti ku bitaro

READ MORE

Gisagara: Inzitiramibu 58,640 zigiye gutangwa mu kurwanya malariya yibasiye aka karere

Mu karere ka Gisagara, indwara ya malaria ikomeje kuba ikibazo gikomeye cyane ko aka karere gaturanye n’ibishanga byinshi bituma imibu itera malaria yororoka vuba nk’uko byatangajwe na vice-mayor ushinzwe imibereho myiza y’abaturage. Uko ikibazo giteye Nkuko

READ MORE

NYAGATARE: Ingamba zafashwe mu kurwanya Malariya zitezweho gutanga umusaruro

Akarere ka Nyagatare, kamwe mutugize Intara y’Iburasirazuba, ni kamwe mu turere twagaragayemo ubwinshi bw’indwara ya Malariya. Malariya ni indwara iterwa n’umubu witwa Anopheles utwara udukoko twa Plasmodium, yagiye ihitana ubuzima bw’abantu benshi mu bihe bitandukanye. Gusa,

READ MORE

RBC yatangaje gahunda nshya yo kuvura no gushakisha abarwaye malaria mu Midugudu

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, cyatangaje gahunda nshya yo kuvura no gushakisha abarwaye malariya mu Mudugudu. Ni igikorwa kizahera mu mujyi wa Kigali kikazakomereza no mutundi turere. Ni gahunda itangijwe mu gihe hitegurwa no kwizihiza umunsi

READ MORE

Dr Murayire Janvier yatangije ibikorwa bigamije kuziba icyuho k’undwara z’imitsi n’imikaya (Rheumatology) mu Rwanda

Dr. Janvier Murayire, umuganga w’indwara zifata mu ngingo n’imikaya,rheumatology, akaba n’inzobere mu buvuzi rusange (Internal Medicine), ni umuyobozi w’ishami ry’ubuvuzi rusange muri African Health Science University (AHSU) ndetse anayobora Ishami ry’ubuvuzi rusange ku bitaro bikuru bya

READ MORE

Urukingo rwa Marburg rubonetse mu minsi 10? Igisubizo cya Minisiteri y’Ubuzima

Kuri uyu wa 05 ukwakira Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije ku rubuga rwayo rwa X (Rwahoze rwitwa Twitter) yatangaje ko yamaze kwakira inkingo za virus ya Marburg ndetse kuwa 6 Ukwakira yatangiye kuziha bamwe mu baba bafite ibyago

READ MORE
NCDALLIANCE FORUM IN KIGALI

Rwanda to Host 4th Global NCD Alliance Forum in Kigali, Highlighting Leadership in NCD Management

Kigali, Rwanda – In a significant move towards global health advocacy, Rwanda is set to host the 4th Global NCD Alliance Forum (NCDAF) from October 20 to 22, 2024, at the Kigali Convention Centre. This event

READ MORE